in ,

Umukinnyi w’umwaka watowe na FIFA yamenyekanye mbere y’igihe

Nyuma yo gutangaza umukinnyi wegukanye Ballon D’or mbere y’igihe, ikinyamakuru Marca cyamaze gutangaza umukinnyi uraza kwagukana igihembo kizwi nka The Best gihabw umukinnyi w’umwaka wa FIFA.

 Cristiano Ronaldo

Nkuko byari byagenze kuri Ballon D’or, Marca ikaba yatagajeko umukinnyi w’umwaka wa 2016 watowe na FIFA ari Cristiano Ronaldo. Uyu musore akaba rero bibaye ari ukuri yaza kuba ashyikirizwa igihebo “The Best” mu muhango uri buze kubera i Zurich uyu munsi.

Image result for the best fifa

Cristiano Ronaldo rero akaba yaba abaye umukinnyi wa mbere wegukanye igihembo The Best.

Image result for the best fifa awards

Image result for the best fifa awards

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Biratangaje: Imyambarire ye mu bukwe bwe yatumye agaciro k’inkwano kiyongera

Mezut Ozil yatangaje ikintu kingenzi Arsenal igomba gukora kugirango yemere kuyigumamo