in ,

Umunya Brasil Neymar Jr atangarije isi yose amagambo atumye benshi bamwibazaho cyane(some hano)

Neymra Jr dos Santos umunya Brasil ukinira ikipe ya PSG kuva yava mu ikpe ya Fc Barcelona benshi ntibasobanukiwe n’impamvu yamahitamo yuyu musore kuko ari ibintu byabaye mu gihe gito ndetse ntibinavugweho rumwe yaba na Nyirubwite ndetse na Nyir’ikipe ya Fc Barcelona President Jose Maria Bartolomeu. Kurubu rero benshi bari bategereje kumva igisubizo cya Neymar Jr ubwo yabazwaga niba yarahunze ikipe ya Fc Barcelona kubera Lionel Messi wamuryamiraga, uyu musore rero yagize icyo abitangazaho.Image result for neymar in press-PSG

Ubwo uyu musore yabazwaga niba yarahunze Fc Barcelona kubera Messi yamupfkiranaga yagize ati:”Ntago navuye mu ikipe ya Fc Barcelona kubera Messi cyangwa undi mukinnyi uwo ariwe wese n ‘ikimenyimenyi inshuti zange magara zose nihariya zibarizwa, ariko igihe cyari kigeze ko mpindura ubuzima. Nge ndi umuntu ukunda impinduka mu buzima cyane cyane mu mwuga wange wo gukina umupira w’amaguru, ntawe navuga ko yabaye impamvu zo kuva i catalunya, ninge wabishakaga ku giti cyange.”

Ibi rero nibyo byatangaje benshi batekerezaga ko impamvu uyu musore yavuye mu ikipe ya Fc Barcelona byari uguhunga Messi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Zinedine Zidane n’ikipe ye bababajwe bikomeye n’iyi nkuru mbi ibazindukiyeho(Iyumvire)

Dore amafoto y’abastar nyarwanda yabiciye bigacika kuri instagram muri iki cyumweru