in ,

Umunyarwanda Jacques Tuyisenge yakoze amateka mu gihugu cya Tanzaniya benshi baratangara

Rutahizamu w’umunyarwanda w’ikipe ya Gor Mahia Jacques Tuyisenge, ku munsi wejo ubwo imikino ya Champiyona yo mu gihugu cya Kenya yakomeza yaje gukora amateka atarakozwe nundi munyarwanda uwo ariwe wese mu gihugu cy’amahanga, benshi baramutangarira ndetse n’abanyarwanda baramwishimira kubera guhesha ishema igihugu avukamo.

Nkuko tubikesha ikinyamakuru Goal.Com mu mukino wahuje ikipe ya Gor Mahia na Kariobangi Sharks, uyu musore Tuyisenge yaje gutsindamo ibitego bitatu wenyine mu mukino wose ndetse anahesha ikipe ye amahirwe angana nka 90% yo kwegukana igikombe cya Champiyona yo muri Kenya. Uyu musore akaba yahise anatorerwa kuba umukinnyi mwiza w’umukino.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma yo gusomana bikomeye na The Ben, Uncle Austin yashyize hanze andi mabanga akomeye ya Marina

Young Grace yatangaje ko yiboneye umukunzi mushya w’umuzungu (amafoto)