in ,

Umutare Gaby n’umukunzi we mu buryohe bw’urukundo ku nkengero z’inyanja

Nikuze Gabriel wamamaye nka Umutare Gaby muri Muzika nyarwanda yagaragaje ubuzima abayemo mu gihugu cya Austarlia nyuma yo kurushingana na Joyce Nzere.

Umutare Gaby na Joyce Nzere bakoze ubukwe tariki ya 16 Nyakanga 2017, bakaba barahise berekeza mu gace kitwa Goulburn muri New South Wales ho mu gihugu cya Australia.

Kuri ubu, Joyce Nzere yasangije inshuti ze amafoto agaragaza uburyo we na Gaby babayeho mu gihugu cya Australia.

Tubibutse ko Umutare Gaby yaririmbaga mu njyana Afrozouk, Afrofusion, Afropop, Zouk, RnB akaba yaramamaye mu ndirimbo nka Ntunkangure, Ntawundi, Urangora, n’izindi nyinshi

Written by YEGOB HIT

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ngiyi impano idasanzwe Miss Mutoni Balbine yahaye umukunzi we ku munsi w’isabukuru ye y’amavuko

Umutoza ukomeye cyane mu gihugu cy’Ubwongereza yatangaje ikintu atinya mu buzima bwe abafana n’abakinnyi b’ikipe ye bahita bacyimwifuriza badatinze