in ,

Umutoza ukomeye cyane mu gihugu cy’Ubwongereza yatangaje ikintu atinya mu buzima bwe abafana n’abakinnyi b’ikipe ye bahita bacyimwifuriza badatinze

Umutoza Arsene Wenger utoza ikipe ya Arsenal kuva mu mwaka wa 1996,yagejeje ikipe ya Arsenal kuri byinshi harimo umukino wa nyuma wa Champions League wa 2006,n’igikombe cya shampiyona cya 2004,gusa iyi myaka ya vuba yagiye ahura n’ibibazo byatumye abafana ba Arsenal bamusabira kuba yasezera kuri uyu mwanya ikintu atinya cyane nk’uko yabyitangarije.Image result for arsene wenger

Mu kiganiro yagiranye na Sky Sport uyu mutoza yemeye ko gusezera akajya mu kiruhuko cyabukuru ari ikintu atinya cyane.Yagize ati “Nibyo ntinya kujya mu kiruhuko cyabukuru,kubera ko buri gihe iyo ugiye mu kintu gishya ubanza kugira ubwoba.NIbyo bishobora kuba biteye ubwoba ariko bibaye nta kundi nabyakira”

 

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umutare Gaby n’umukunzi we mu buryohe bw’urukundo ku nkengero z’inyanja

Reba ibaruwa yuzuye imitoma Miss Flora yandikiwe n’umufana we ikamukora ku mutima bikomeye