in ,

Umutoza Arsene Wenger yavuze amagambo adasanzwe avumirwa ku gahera n’abafana ba Arsenal

LONDON, ENGLAND - APRIL 10: Arsene Wenger, Manager of Arsenal looks on prior to the Premier League match between Crystal Palace and Arsenal at Selhurst Park on April 10, 2017 in London, England. (Photo by Clive Rose/Getty Images)

Nyuma y’igihe kirekire umutoza Arsene Wenger sabwa n’abafana gutangira gushaka ikipe ihoraho itubakiye kuri Alexis Sanchez na Mesut Ozil dore ko bo mu mwaka utaha ntanumwe uzaba akibarizwa muri iyi kipe, umutoza Wenger nkuko ikinyamakuru The Guardian cyabivuze yasabwe n’abamwungirije gutangira guha igihe umukinnyi Theo Walcott ariko akomeza kuvunira ibiti mu matwi amugumiza ku gatebe k’abasimbura ariko kurubuyu musaza ubwo yisubiragaho ku cyemezo cyo kwicaza Walcott yafashe, abakunzi ba Arsenal bamuvundereje ibitutsi bamushinja kwibuka ibiteeko yasheshe.

Nkuko tubikesha ikinyamakuru The guardian ubwo cyaganiraga na Wenger bakamubaza ku kazoza ka Walcott, uyu mufaransa yagize ati:”I do not want Theo to move on. “His time in the Premier League will come. I’ve gone into a rotation policy because we play Thursday, Sunday most of the time so at the moment he has got less minutes in the Premier League than other competitions.”

Tugenekereje mu kinyarwanda Wenger yagize ati:” Sincaka kubona Theo agenda, igihe cye muri Champiyona kiri kwegereza. Mu gihe natangiye igerageza ryo guhindura abankinnyi bitewe n’imikino myinshi dusigaye tugira niryo rituma hari ababanza hanze rimwe na rimwe. Imikino myinshi ya Champiyona tuyikina ku cyumweru mu gihe mba namukoresheje cyane mu mikino yo hagati mu cyumweru bikaba bituma mu mikino ya Champiyona yicara ariko igihe cye kiracyahari.”

Gus amakuru ava mu ikipe ya Arsenal aravuga ko Arsene Wenger mu gihe cyose yaba aguze Thomas Lemar yahita atangira kubakira ikipe ku mpande zayo zaba zigizwe na Thomas Lemar na Theo Walcott bose bazwiho kunyaruka. Ibi rero bikaba byakorogoshoye abafana ba Arsenal muri rusange bakomeje kwijujuta basaba Wenger kubakira ikipe ya kuri Walcott ariko we akaba ibamba.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Exclusive: Umukinnyi ukomeye w’umufaransa kurubu ari mu maboko ya Polisi akekwaho gufata ku ngufu

Ikipe ya Manchester United ihuye n’ikibazo gikomeye gishobora gutuma yongera gutsindwa mu mikino ya Champiyona