in ,

Young Grace yatangaje ko yiboneye umukunzi mushya w’umuzungu (amafoto)

Umuhanzikazi Young Grace wamenyekanye cyane hano mu Rwanda kubera indirimbo zitandukanye yahimbye zigakundwa cyane ndetse n’ibitaramo yakoreye hirya no hino bigatuma yigarurira imitima y’abantu benshi akegukana atyo umubare w’abafana benshi, ku munsi w’ejo yashyize hanze ifoto ye ari kumwe n’umuzungu bikekwako ariwe mukunzi we mushya.

Iyi niyo foto Young Grace ashyize hanze

Nkuko Young Grace yabitangaje nyuma yo gushyira hanze iyi foto ayiherekesha amagambo agira ati: “Different colors,One people????” ugenekereje mu kinyarwanda bishatse kuvuga ngo amabara atandukanye, umuntu umwe bigaragara ko yarangije kuba umwe n’uyu muzungu bikekwako ariwe mukunzi we mushya.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyarwanda Jacques Tuyisenge yakoze amateka mu gihugu cya Tanzaniya benshi baratangara

Umunyamakuru wubatse urugo yabwiye amagambo aryohereye Miss Keza Joannah bamwe bibaza byinshi