in

Zimbabwe:Inzoka irifuza gusambanya umusaza Amos nyuma yo gusambanya umugore n’umukobwa be

Umugabo wo mu gace ka Sogola muri Matabeleland yasabye abaturanyi be kumufasha gutwika inzoka amaranye nayo igihe, ndetse ngo yajyaga inamusambanyiriza umugore n’umukobwa batarapfa. Ubu iyi ngo iri gushaka kumusambanya nawe

Amos Mnkandla avuga ko iyo nzoka ariyo yahitanye umugore we Emily Ngwenya n’umukobwa we Julia Mnkandla nyuma yo kubasambanya.

Ati “Bapfuye bitunguranye.Bombi bapfuye batabasha kugenda neza kandi barukaga amaraso. Abaganga ntibabashije kumenya icyo barwaye.”

JPEG - 32.5 kb
Umusaza Amos Mnkandla inzoka yifuza gusambanya

Aganira n’Ikinyamaluru B-Metro yakomehe agira ati “Iyi nzoka yakundaga kuryamana n’umugore wanjye ndetse n’umukobwa wanjye ariko nta wundi yigeze itesha umutwe mbere y’uko bapfa”

Uyu mugabo ngo icyatumye ajya guhuruza abahanuzi bo muri ako gace ngo bamufashe gutwika iyo nzoka, ngo ni uko yari itangiye kuza mu buriri bwe ishaka ko na we baryamana.

Image result for zimbabwe snake

Amos avuga ko nawe iyo nzoka yayirazwe n’ababyeyi be ariyo mpamvu atari yaratinyutse kuyica.

Icyakora bamwe mu baturanyi be bavuze ko ntacyo bamufasha, kuva yarishe umugore we n’umukobwa we ntabivuge , akaba abivuze ari uko abonye ko na we asumbirijwe

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore ikintu kihariye utazi mu gukunda kwa Safi Madiba (Amafoto)

Meddy arifuza kubana n’umukobwa w’umunyaRwandakazi (impamvu)