in ,

Zinedine Zidane n’ikipe ye bababajwe bikomeye n’iyi nkuru mbi ibazindukiyeho(Iyumvire)

Mu nkuru yacu iheruka yo ku munsi wejo Real Madrid igiye guhemukira bikomeye ikipe bihanganye ku mugabane w’iburayi, aho byari byatangiye kuvugwa ko ikipe ya Real Madrid ishaka guca ruhinga nyuma ikuririra mu kutumvikana k’umukinnyi Robert Lewandowski n’ikipe ya Bayern bityo ikaba yahita umujyana ariko amazi ntakiri yayandi kuko ibi ngibi byahise biba nk’inzozi muri iki gitondo nkuko tubikesha ikinyamakuru The times.Robert Lewandowski

Umuyobozi w’ikipe ya Fc Bayern Munich Uli Hoenes niwe uzindukiye mu bitangazamakuru byo mu budage nkuko The times dukesha iyi nkuru ibivuga avuga ati:”Si Lewandowski est proche d’un départ au Real Madrid ? Nous ne sommes pas le 1er avril, non?” Bishatse kuvuga ngo:” Niba koko Lewandowski yenda kwerekeza mu ikipe ya Real Madrid? ntago turi ku munsi wo kubeshya ariko mbyizere?”

Ibi nibyo byahise binyomoza aya makuru yari yagiye ahagaragara ku munsi wejo avuga ko uyu musore ashobora gusohoka muri iyi kipe.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rihanna mu myambaro adasanganywe yatunguye abantu benshi bitewe n’umubiri we (amafoto)

Umunya Brasil Neymar Jr atangarije isi yose amagambo atumye benshi bamwibazaho cyane(some hano)