Sign in

YEGOBNews from Rwanda, Africa and the world

Today's feed

Latest news

20 July 2026
ISIMBI

Espagne yegukanye Igikombe cy'Isi cya 2026 itsinze Argentina

Ikipe y'Igihugu ya Espagne yegukanye Igikombe cy'Isi cya 2026 nyuma yo gutsinda Argentina igitego 1-0 mu mukino wa nyuma wakinwe kuri Stade ya New York New Jersey, mu ijoro ryo ku Cyumweru. Iki gitego cyabonetse mu minota y'inyongera, gihesha La Roja igikombe cya kabiri , inacyaka Argentina yari ifite igikombe giheruka. Umukino watangiye Espagne yiharira umupira no gusatira cyane. Lamine Yamal na Dani Olmo babanje guhangayikisha ubwugarizi bwa Argentina, ariko umunyezamu Emiliano "Dibu" (…) - Siporo / Latestnews

ISIMBI

Umunyarwenya Ramjaane Joshua yatanze ubwisungane ku bantu 1000 (AMAFOTO)

Ramjaane Joshua Foundation yashinzwe na Ramjaane Joshua Niyoyita wamamaye ubwo yari umunyarwenya akaba n'umunyamakuru mu Rwanda yatanze Miliyoni eshani y'ubwisungane bwo kwivuza ku bantu igihumbi bo mu karere ka Bugesera , mu Mirenge wa Kamabuye ndetse na Ngeruka. Ni igikorwa cyabaye kuri uyu wa Gatanu taliki ya 17 Nyakanga 2026. Ramjaane aherekejwe na Adam bavanye muri Amerika babanje guhugura abashinzwe imbonezamirire mu miryango ndetse Adam abigisha ijambo ry'Imana. Nyuma yaho (…) - Imyidagaduro / Latestnews

UMUSEKE

Museveni yasabye Ramaphosa guhagarika urugomo rukorerwa abanyamahanga

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yasabye mugenzi we wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, gufata ingamba zihamye zo guhangana n’ihohoterwa rikorerwa abanyamahanga, nyuma y’uko Abagande batatu baguye mu bitero byibasiye abanyamahanga,ndetse abarenga 1,000 bagacyurwa ikubagaho muri Uganda. Museveni yabivuze ku Cyumweru, tariki ya 19 Nyakanga 2026, ubwo yaganirizaga Abagande 1,030 batahutse bava muri Afurika y’Epfo, nyuma […]