APR FC ntikozwa ibyo gukina Super Cup yaje mu isura nshya
Kugeza ubu APR FC yo yibara nk'ikipe itazakina Super Cup ku mpamvu ivuga ko itamenyeshejwe impinduka kuri iri rushanwa kandi nayo ifite ibyo yateguye. Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, riheruka gutangaza ko habayemo impinduka ku gikombe kiruta ibindi mu gihugu cya 'Super Cup'. Ubundi iki gikombe cyari gisanzwe gihuza ikipe yatwaye Shampiyona n'iyatwaye igikombe cy'Amahoro, iyo ikipe imwe ibitwaye byombi, kiyihuza n'iyo byahuriye ku mukino wa nyuma w'Igikombe (…) - Siporo / Latestnews Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri ISIMBI.





