Polisi igiye guhana Muyango Claudine
Polisi y'u Rwanda yavuze ko igiye gufatira ibihano Muyango Claudine nyuma y'uko agaragaye atwaye imodoka atambaye umukandara (seat belt). Ni nyuma y'amashusho yashyizwe ku rubuga rwa X n'uwitwa Kate Bashabe agaragaza Muyango atwaye imodoka atambaye umukandara arimo kugenda arya aga 'snack'. Aya mashusho yaherekejwe n'amagambo agira ati "Nyabuna mugerageze gutwara mwambaye seat belt (umukandara) kandi ntabwo byemewe gutwara muri kurya." Yahise akorera 'mention' Polisi y'u Rwanda. (…) - Imyidagaduro / Latestnews Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri ISIMBI.





