U Rwanda ruri mu biganiro n’u Butaliyani ku kwakira abimukira
Ubutaliyani bwatangaje ko bwatangiye ibiganiro n’u Rwanda mu mugambi wo kwakira abimukira nka zimwe mu ngamba nshya zo gucyura abimukira bari mu Burayi. Usibye u Rwanda, ibindi bihugu biri mu biganiro n’Ubutariyari ni Uganda na Ghana. Ni igitekerezo cyatanzwe n’Ubutaliyani mu nama yahuje ba Minisitiri b’Ubutegetsi bw’igihugu bwo mu muryango w’Ubumwe bw’Uburayi nyuma y’igitutu cy’abimukira […] Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri UMUSEKE.





