Abagera kuri 12 bakurikiranyweho guhisha ibinyobwa bitujuje ubuziranenge
Amajyepfo: Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyepfo iravuga ko ikomeje ibikorwa byo guca burundu ibinyobwa bitujuje ubuziranenge, ariko ko hari bamwe bagikomeje kubihisha kugira ngo bitamenyekana. Polisi ivuga ko mu bikorwa byo kubikumira no kubirwanya hari bamwe bagenda batahurwa, aho kugeza ubu abagera kuri 12 bakurikiranweho ibikorwa byo guhisha cyangwa gukomeza kugira uruhare mu icuruzwa […] Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri UMUSEKE.



