Sign in

YEGOBNews from Rwanda, Africa and the world

Today's feed

Latest news

24 July 2026
ISIMBI

APR FC yanyagiwe na Gor Mahia 5-0

Mu mukino ufungura irushanwa rya CECAFA Kagame Cup 2026 warebwe na Perezida wa Repubulika y'u Rwanda Paul Kagame, APR FC yanyagiwe na Gor Mahia yo muri Kenya 5-0. APR FC yatangiye umukino ubona irimo ikina neza ishyira igitutu kuri Gor Mahia ishaka igitego. Ku munota wa kane Byiringiro Gilbert yagerageje ishoti ariko umupira umunyezamu arawufata. APR FC yihariye iminota ya mbere y'umukino iba yabonye igitego ku munota 26 ku mupira Cheikh Djibril Ouattara yahinduriye Amani Michel ariko (…) - Siporo / Latestnews

UMUSEKE

U Rwanda rugiye gushyiraho ikigo gishinzwe urusobe rw’ibinyabuzima n’ikigisha ikoranabuhanga

Mu Rwanda hagiye gushyirwaho Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kubungabunga Urusobe rw’Ibinyabuzima (Rwanda Nature Foundation-RNF), kizibanda ku bikorwa byo kurengera, kubungabunga no gucunga mu buryo burambye ibinyabuzima byo mu gasozi n’ibyanya birinzwe. Hagiye kandi gushyirwaho Ikigo cy’u Rwanda kigisha Ikoranabuhanga rya Mudasobwa (RIC), mu rwego rwo guteza imbere no kubaka ubushobozi bw’abazaba ku isonga mu iterambere ry’ikoranabuhanga […]

ISIMBI

Mu maso ya Perezida Kagame, APR FC yangiwe na Gor Mahia

Mu mukino ufungura irushanwa rya CECAFA Kagame Cup 2026 warebwe na Perezida wa Repubulika y'u Rwanda Paul Kagame, APR FC yanyagiwe na Gor Mahia yo muri Kenya 5-0. APR FC yatangiye umukino ubona irimo ikina neza ishyira igitutu kuri Gor Mahia ishaka igitego. Ku munota wa kane Byiringiro Gilbert yagerageje ishoti ariko umupira umunyezamu arawufata. APR FC yihariye iminota ya mbere y'umukino iba yabonye igitego ku munota 26 ku mupira Cheikh Djibril Ouattara yahinduriye Amani Michel ariko (…) - Siporo / Latestnews

ISIMBI

Amarangamutima ya Nyambo Jesca nyuma yo kwambikwa impeta ya fiançailles

Umukinnyi wa filime Nyambo Jesca, wamamaye nka Miss Nyambo, ari mu byishimo bidasanzwe nyuma yo guterwa ivi n'umukunzi we, avuga ko yumva Imana yamusubije ibyo yari yarayisabye byose ku muntu bazabana. Nyambo yemereye umusore w'Umunyarwanda usanzwe akorera hanze y'u Rwanda kumwambika impeta y'urukundo, nyuma y'uko bamaze hafi umwaka bakundana. Ubu bombi bitegura kurushinga. Ni umuhango wabaye mu ibanga rikomeye ndetse n'abawitabiriye babujijwe gufata amashusho n'amafoto. Mu butumwa (…) - Imyidagaduro / Latestnews