Nanjye ubwanjye ndumva mfite amatsiko - Tracy ku gitaramo agiye gukorana n'umugabo we
Umuramyi Agasaro Tracy yavuze ko na we afite amatsiko yo kuzareba ibizabera mu gitaramo cyo guhimbaza Imana 'In Christ Now' yitegura gukorana n'umugabo we, René Patrick. Ni igitaramo kizabera muri Camp Kigali ku wa Gatandatu tariki ya 25 Nyakanga 2026. Ubwo baganiraga n'itangazamakuru kuri uyu wa Mbere tariki ya 20 Nyakanga 2026, Tracy yavuze ko na we afite amatsiko y'iki gitaramo. Ati "Ndumva nanjye ubwanjye mfite amatsiko y'ibyo Imana igiye gukora muri uku guhimbaza." Agaruka ku (…) - Iyobokamana / Latestnews




