Sign in

YEGOBNews from Rwanda, Africa and the world

Today's feed

Latest news

19 August 2026
ISIMBI

Perezida wa FERWAFA dosiye ye yagejejwe mu Bushinjacyaja

Dosiye ya perezida wa FERWAFA, Shema Ngoga Fabrice uregwa gutanga Sheki itazigamiye, yagejejwe mu Bushinjacyaha. Ni amakuru yemejwe n'Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha (RIB), aho dosiye ye yagejejwe mu Bushinjacyaha ejo hashize tariki ya 18 Kanama 2026. Iperereza rikaba rigikomeje ku cyaha akurikiranyweho n'ibifitanye isano nabyo. Shema Fabrice akaba yaratawe muri yombi Ku wa 11 Kanama 2026 aho afungiwe kuri Sitasiyo ya Kicukiro. Yinjiye muri FERWAFA nyuma y'imyaka 6 yamaze ari (…) - Siporo / Latestnews

ISIMBI

Ubukwe bw'abantu bane nk'ubwa Cristiano bwo nzabukora - Rocky Kimomo

Rocky Kimomo, wamamaye cyane mu gusobanura filime, yatangaje ko nubwo kugeza ubu agikomeye ku mwanzuro wo kutazashaka umugore, ubwukwe bw'abantu bacye cyane nk'ubwakozwe na Cristiano Ronaldo bushobora gutuma yemera bukaba guhindura icyemezo cye cya ‘Nta gikwe'. Rocky yavuze ko ubukwe bw'abantu bake cyane, nk'ubwo Cristiano Ronaldo n'umukunzi we Georgina Rodríguez bahisemo, ari bwo bwamushimisha kurusha ibirori binini bitwara amafaranga menshi. Mu gihe benshi bari bategereje ko Cristiano (…) - Imyidagaduro / Latestnews