ISIMBIMuhire Kevin yerekanye itandukaniro rya Rayon APR FC ku isoko ry'abakinnyi, iyaguze neza
Kapiteni wa Jamus SC yo muri Sudani y'Epfo, Muhire Kevin yavuze ko APR FC ku mazina ari yo yitwaye neza ku isoko ry'abakinnyi ariko kugeza ubu Rayon Sports ari yo yaguze neza kuko batanze umusaruro begukana CECAFA Kagame Cup. Ibi yabigarutseho mu kiganiro yagiranye n'Ikinyamakuru ISIMBI cyagarukakaga k'uko aya makipe yitwaye ku isoko ry'igura mu rwego rwo kwitegura umwaka w'imikino wa 2026-27. Kuba APR FC itarabashije kurenga amatsinda ndetse ikanatsindwa ibitego byinshi na Gor Mahia, (…) - Siporo / Featured , Highlight