Sign in

YEGOBNews from Rwanda, Africa and the world

Today's feed

Latest news

28 August 2026
ISIMBI

Police FC yasezereye Rayon Sports

Police FC igeze ku mukino wa nyuma wa Super Cup isezereye Rayon Sports kuri penaliti 4-2 nyuma y'uko amakipe yombi yari yanganyije ubusa ku busa mu mukino wa 1/2. Ni umukino watangiye wihuta uva ku izamu rimwe ujya ku rindi arko Police FC ubona ko ari yo irema amahirwe akomeye gusa umunyezamu Dande Junior ababera ibamba. Mu minota itanu ya mbere y'umukino, Police FC yabonyemo amahirwe aho Dande Junior Bacca yamuteye ishoti rikomeye ariko awukuramo. Yakurikiwe n'andi mahirwe yo ku (…) - Siporo / Latestnews

UMUSEKE

Rwanda: Kuki umubare w’ababyara babazwe ukomeza kuzamuka ?

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) gitangaza ko umubare w’ababyeyi babyara babazwe biyongereye aho bavuye kuri 3% bariho mu 2005 bagera kuri 24% mu 2025. Ni ibikubiye mu Ubushakashatsi bwa karindwi ku mibereho n’ubuzima bukorwa n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare (NISR). Ubu bushakashatsi bugaragaza ko umubyeyi umwe muri bane yabyaye abazwe mu mwaka wa 2025.Ubu bushakashatsi bugaragaza kandi ko umubare w’ababyeyi […]

UMUSEKE

U Burundi bwahagurukiye inkongi z’umuriro ziri ku bwisabira

Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoranyije Inama y’Igihugu y’Umutekano yari igamije kwiga ku kibazo cy’inkongi z’umuriro zimaze kwiyongera mu bice bitandukanye by’igihugu cyane cyane zikibasira inzu z’ubucuruzi n’amasoko. Perezidansi y’u Burundi, Ntare Rushatsi, ku wa 27 Kanama 2026, yatangaje ko iyi nama yibanze cyane cyane ku gusesengura impamvu nyamukuru y’izi nkongi no kumenya ingamba zikenewe […]

UMUSEKE

Ngororero: Igwingira mu bana ryaragabanutse, bashima uruhare rw’umushinga SAIP II

Ubuyobozi bw’Akarere ka Ngororero buvuga ko bwagabanyije igwingira kuri 14,7% by’abana bagwingira, umushinga SAIP II ukaba ubifitemo uruhare rukomeye. Umuyobozi wungirije Ushinzwe Imibereho myiza y’abaturage mu Karere ka Ngororero, Mukunduhirwe Benjamine avuga ko Akarere ka Ngororero kaza mu Turere 5 twa mbere twagabanyije igwingira ku rugero rushimishije kuko kari kuri 50.5%. Ati: “Mu myaka 5 […]