Clarisse yahawe umwanya mu Buyobozi bwa AS Kigali
Uwimana Clarisse usanzwe ari umunyamakuru, yagizwe Visi Perezida wa AS Kigali asimbuye Kankindi Anne-Lise Lida weguye kuri uwo mwanya. Byabereye mu Nama y’Inteko Rusange Isanzwe yahuje Abanyamuryango b’iyi kipe kuri iki Cyumweru, tariki ya 16 Kanama 2026. Clarisse wakinnye umupira w’amaguru nk’uwabigize umwuga muri APR WFC, ni we wagiriwe icyizere cyo guhabwa uyu mwanya wo […]









