Sign in

YEGOBNews from Rwanda, Africa and the world

Today's feed

Latest news

4 September 2026
ISIMBI

Shaddyboo na Yugi Umukaraza batashye

Mbabazi Chadia [Shaddyboo] wari mu kigo cya Isange Rehabilitation Centre i Huye, aho yari yagiye gufashwa kureka gukoresha ibiyobyabwenge na Yugi Umukaraza wari ufungiwe Mageragere akekwaho kumusambanya, batashye. Mu mpera za Kamena 2026 nibwo Yugi Umukaraza yatawe muri yombi akurikiranyweho gusambanya ku gahato Shaddyboo wari wamureze. Shaddyboo yavuze ko uyu musore yari yagiye kumusura yitwaje icupa ry'inzoga ngo agira ngo biyunge birangira mu gitondo abyutse asanga bari kumwe mu (…) - Imyidagaduro / Latestnews

ISIMBI

Uko inyito y'igitaramo yabaye imbarutso ya Diamond na Bruce Melodie yo kutaririmbana 'Pom Pom'

Benshi batunguwe banibaza ukuntu Diamond Platnumz yaje gutaramira mu Rwanda ariko bikarangira ataririmbanye na Bruce Melodie indirimbo bakoranye 'Pom Pom' kandi na we yari muri icyo gitaramo. Inkuru zasohotse ari nyinshi bamwe bavuga ko ari Diamond utarabishatse, abandi ko ari Bruce Melodie wabyanze, abandi ngo Diamond Platnumz yabimusabye atinze aho uyu muhanzi ufite izina rikomeye mu Rwanda, Bruce Melodie yabifashe nk'agasuzuguro hari n'abataratinye kuvuga ko yategereje ko Diamond (…) - Imyidagaduro / Featured , Highlight

UMUSEKE

U Rwanda rwiteguye gute guhangana n’ingaruka zaturuka kuri El Niño?

Umuryango w’Abibumbye (Loni) wateguje abatuye Isi kwitegura guhangana n’ibiza bishobora guterwa n’ikinyabihe cya El Niño, gituruka ku bushyuhe budasanzwe bw’amazi yo mu Nyanja ya Pasifika. Ikinyabihe cya El Niño gishobora gutuma habaho imihindagurikire y’ikirere ikazana ubushyuhe bukabije, amapfa, imvura nyinshi n’imyuzure mu bice bitandukanye by’Isi. Umunyamabanga Mukuru wa Loni, António Guterres, yavuze ko iki gikorwa […]

UMUSEKE

Shalom Choir yahamije “Urukundo rw’Imana” mu ndirimbo no mu bikorwa

Korali Shalom yo muri ADEPR Nyarugenge yashyize hanze indirimbo nshya “Urukundo rw’Imana” y’ubutumwa bwibanda ku rukundo rw’Imana, nyuma y’uko isuye ikanasangiza ubwo butumwa abarwayi mu gikorwa cy’urukundo cyabereye mu bitaro bya Nyamata. Urukundo rw’Imana ni indirimbo itanga ubutumwa bushingiye ku rukundo Imana yakunze abantu. Muri iyi ndirimbo, Korali Shalom iteryra igira iti: “Sinkirata ikindi […]