Sign in

YEGOBNews from Rwanda, Africa and the world

Today's feed

Latest news

6 September 2026
ISIMBI

Gen Mubarakh yibukije abakinnyi ba APR FC ko nta gutsindirwa i Lubumbashi

Umugaba Mukuru w'Ingabo z'u Rwanda akaba n'umuyobozi wungirije w'icyubahiro wa APR FC, Gen Mubarakh Muganga yabukije abakinnyi b'iyi kipe ko batagomba gutsindirwa i Lubumbashi. Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru tariki ya 6 Nzeri 2026, APR FC yahagurutse mu Rwanda yerekeza muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo gukina umukino ubanza w'ijonjora ry'ibanze na Les Aigles du Congo. Mu ijoro ryakeye ikaba yari yasuwe na Gen Mubarakh Muganga, aho yayibukije ko bagomba gukotana (…) - Siporo / Latestnews

ISIMBI

Love Family Choir yitegura kumurika album yasohoye indirimbo nshya

Love Family Choir, ikorera umurimo w'Imana muri ADEPR Nduba, Paruwasi ya Gasabo mu Mujyi wa Kigali, yamaze gushyira hanze indirimbo nshya yise “Turirimbe”, indirimbo ibimburira umuzingo wayo mushya w'indirimbo umunani witwa “Amateka ya Yesu”. “Turirimbe” ni indirimbo irimo ubutumwa bwo guhimbaza Imana, kuyishimira imirimo yayo no guhamya ineza yayo mu buzima bw'abayizera. Muri iyi ndirimbo, Love Family Choir iraririmba iti: “Ku bw'imirimo yawe udukorera, turi ubuhamya bugenda". Ikubiyemo (…) - Iyobokamana / Latestnews

ISIMBI

Jules Kalisa wabaye SG wa FERWAFA yitabye Imana

Jules César Kalisa wabaye umunyamabanga mukuru wa FERWAFA, yitabye Imana azize uburwayi. Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru tariki ya 6 Nzeri 2026 nibwo inkuru y'urupfu rwe yamenyekanye aho amakuru avuga ko yaguye mu Buhinde. ISIMBI yemenye amakuru ko mu Kuboza 2025 nibwo yarembye biba ngombwa ko ajya kwivuriza hanze y'u Rwanda. Jules Kalisa akaba yari murumuna wa Kalisa Adolphe Camarade na we wabaye umunyamabanga wa FERWAFA. Jules Kalisa akaba yaguye mu Buhinde aho yagiye kwivuza, (…) - Siporo / Latestnews