Sign in

YEGOBNews from Rwanda, Africa and the world

Today's feed

Latest news

14 September 2026
ISIMBI

Haringingo Francis yashyize umucyo ku gusa n'ushyamirana na Elie Tatou

Umutoza wa Rayon Sports, Haringingo Francis yavuze ko ibyagaragaye mu mukino asa n'ushyamirana n'umukinnyi we Iradukunda Elie Tatou byatewe n'uko umukino wagendaga ariko nta kibazo gihari. Uyu munsi mu mukino wo kwishyura w'ijonjora ry'ibanze rya CAF Confederation Cup wahuje Rayon Sports na Panthère Sportive du Ndé, warangiye ari 0-0 ariko Rayon Sports igakomeza ku gitego cyo hanze kuko umukino ubanza warangiye 1-1, hagaragaye gusa no gushyamirana kwa Haringingo Francis na Elie Tatou. (…) - Siporo / Latestnews

ISIMBI

Wari uzi ko umubu ari inyamaswa mbi kurusha Shark?

Umubu ni muto, ariko ushobora kuba umwe mu nyamaswa zica abantu benshi ku isi. Ikibazo si uko umubu ubwawo urya umuntu cyangwa umwica ako kanya, ahubwo ni uko ushobora gutwara kandi ugakwirakwiza indwara nka malariya, dengue, chikungunya, Zika na yellow fever. Ishami ry'Umuryango w'Abibumbye ryita ku buzima rivuga ko indwara zitwarwa n'udukoko nka mosquito zitera abantu barenga 700,000 gupfa buri mwaka. Malariya ni yo ifite uruhare runini muri izo mfu. Umubu w'ingore wo mu bwoko bwa (…) - Andi makuru / Latestnews

UMUSEKE

Muhanga: Umuherwe wahigwaga bukware arafunzwe

Ubushinjacyaha ku Rwego rw’Ibanze rwa Muhanga bufunze Nyabyenda Emmanuel, umuherwe ukekwaho gukora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro butemewe n’amategeko. Nyabyenda yafunzwe nyuma y’uko Ubushinjacyaha bumuhamagaje inshuro nyinshi akanga kwitaba, bugahita butanga urwandiko rumufata (mandat d’amener). Uyu muherwe akekwaho ibyaha bifitanye isano n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, aho Ubushinjacyaha buvuga ko yabikoraga nta ruhushya afite. Ubushinjacyaha buvuga kandi ko umukozi we […]

ISIMBI

Ubu bari he? Abakinnyi 17 banditse amateka muri Rayon Sports bayigeza mu matsinda?

Tariki ya 17 Mata 2018, ni itariki y'amateka kuri Rayon Sports, ni itariki itazibagirana kuri iyi kipe kuko nibwo yanditse amateka yo kugera mu matsinda ya CAF Confederation Cup. Imyaka 8 irashize iyi kipe igishaka gusubirayo, gusa ntibirakunda ariko kuri iyi nshuro iri ku muryango irasabwa gusezerera Black Bulls yo muri Mozambique igahita igera mu matsinda, ni nyuma yo gusezerera Panthère Sportive du Ndé yo muri Cameroun. Muri 2018, Rayon Sports yatangiye urugendo iri muri CAF (…) - Siporo / Featured , Highlight