Twinjirane mu itsinda C : CECAFA Kagame Cup 2026: Rayon Sports na Al Hilal SC batangiranye intsinzi mu Itsinda C

Rayon Sports yo mu Rwanda na Al Hilal SC yo muri Sudani zatangiye neza imikino y'Itsinda C mu irushanwa rya CECAFA Kagame Cup 2026, nyuma yo gutsinda imikino yazo ya mbere zose ku bitego 2-0.
Mu mukino wabanje wabereye kuri Stade Amahoro, Al Hilal SC yatsinze Tusker FC yo muri Kenya ibitego 2-0. Igitego cya mbere cyatsinzwe na Kamaradini Mamudu ku munota wa 29, nyuma yo kubyaza umusaruro uburyo bwiza bwabonetse imbere y'izamu.
Tusker FC yakomeje gushaka uko yakwishyura, ariko uburyo bwabonetse burimo imipira y'imiterekano ya kapiteni Aboud Omar bwose bwakuwemo n'umunyezamu wa Al Hilal, Soufiane …
Iyandikishe kuri YEGOB uhembwe,
Usoma inkuru zose za YEGOB, ujye ubona amakuru mashya yako kanya kandi ubone amahirwe yo kwandika inkuru zikwinjiriza amafaranga uko zisomwe.
Usanzwe ufite konti? Injira
Les articles publiés par les utilisateurs engagent uniquement leurs auteurs. YEGOB n’est pas responsable des opinions, informations ou contenus publiés par les utilisateurs. Si un contenu porte atteinte à vos droits ou enfreint la loi, contactez-nous : nous l’examinerons et, si nécessaire, le supprimerons dans les meilleurs délais.






No comments yet. Be the first.