Icyemezo cya Dortmund gishyize iherezo ku makuru y’urujya n’uruza rwa Schlotterbeck

Borussia Dortmund yongeye kugira ububasha busesuye ku hazaza h’mukinnyi wayo ukina yugarira Nico Schlotterbeck, nyuma y’uko ingingo yo kumurekura yari mu masezerano ye irangiye hagati muri Nyakanga 2026. Ibi bivuze ko amakipe nka Real Madrid, FC Barcelona na Liverpool atagishobora kumusinyisha akoresheje amafaranga yagenwe muri iyo clause. Ubu ikipe yose izifuza uyu myugariro igomba kubanza kugirana ibiganiro na Borussia Dortmund. Nico Schlotterbeck, ufite imyaka 26, ni myugariro ukomoka mu Budage, akaba ari umwe mu bakinnyi bakomeye mu bwugarizi bwa Bundesliga. Yatangiye kumenyekana cyane…
Les articles publiés par les utilisateurs engagent uniquement leurs auteurs. YEGOB n’est pas responsable des opinions, informations ou contenus publiés par les utilisateurs. Si un contenu porte atteinte à vos droits ou enfreint la loi, contactez-nous : nous l’examinerons et, si nécessaire, le supprimerons dans les meilleurs délais.





No comments yet. Be the first.