Abagihishe inzoga z’ibyuma mu nzu bahawe ubutumwa

*Polisi ivuga ko ibyaha byagabanutse nyuma yo guca inzgo zitujuje ubuziranenge Polisi y’u Rwanda ivuga ko ibikorwa byo kurwanya, no kumena ibinyobwa bitujuje ubuziranenge, bizwi cyane ku izina ry’ibyuma ndetse n’ibindi binyobwa bitujuje ubuziranenge, byagize uruhare mu kugabanya ibyaha n’imyitwarire ibangamira umutekano mu Ntara y’Amajyepfo. Ibi byagarutsweho mu bukangurambaga bugamije kurandura burundu ibinyobwa bitujuje ubuziranenge, […] Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri UMUSEKE.



