Abanyarwanda babiri bazakina UEFA Champions League

Mu gihe imikino ihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo ku Mugabane w’i Burayi (UEFA Champions League) 2026-27 iza gutangira uyu munsi, Abanyarwanda babiri bazaba bari mu bazifashishwa mu makipe azakina iri rushanwa. Abo Banyarwanda ni Joy-Lance Mickels ukinira Sabah FK yo muri Azerbaijan izakina na Manchester United kuwa Kane, tariki ya 10 Nzeri 2026. Undi […] Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri UMUSEKE.


