Amarangamutima y'umunyamakuru Uwimana Clarisse nyuma yo kugirwa umuyobozi w'ikipe
Nyuma yo kugirwa umuyobozi wungirije wa Kigali FC, Umunyamakuru Uwimana Clarisse yavuze ko yiteguye gukora ibishoboka byose ikipe igatera imbere kandi icyizere yagiriwe gisobanuye byinshi. Yatowe ejo hashize ku Cyumweru mu Nteko Rusange ya AS Kigali yahise inahindurirwa izina ikitwa Kigali FC, akaba yaratorewe gusimbura Kankindi Anne Lise weguye kuri uyu mwanya. Uwimana Clarisse usanzwe ari umunyamakuru w'imikino kuri B&B Kigali FM, yavuze ko bisobanuye byinshi kuba yarabaye (…) - Siporo / Latestnews Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri ISIMBI.




