APR FC ishobora kudakina CAF Champions League
Nyuma gutombora ikipe ya Les Aigles du Congo mu ijonjora ry'ibanze rya CAF Champions League, APR FC yiteguye gusaba CAF ikabahindurira ikibuga kuko iyi kipe y'ingabo z'igihugu itajya gukinira muri DR Congo. Amakuru avuga ko iyi kipe yamaze gutekereza kubwira FERWAFA kwandikira CAF ikayisaba ko imikino izahuza aya makipe yabera ku kibuga kitari icyo muri DR Congo cyangwa mu Rwanda (terrain neutre). Mu gihe CAF yakwanga iki cyemezo, ntabwo APR FC yiteguye kujya muri DR Congo gukinirayo (…) - Siporo / Latestnews Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri ISIMBI.
