AS Kigali igiye guhindurirwa izina

Nyuma y’imyaka myinshi iterwa inkunga n’Umujyi wa Kigali, AS Kigali igiye guhindura izina nyuma y’uko ari yo kipe yonyine isigaye ifashwa n’uru rwego. Ku Cyumweru, tariki ya 16 Kanama 2026, hateganyijwe inama y’Inteko Rusange isanzwe, izahuza abanyamuryango ba AS Kigali. Ni inama biteganyijwe ko izabera mu cyumba cy’inama y’Umujyi wa Kigali mu masaha ya mu […] Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri UMUSEKE.


