Bigenda gute iyo uwaguze igicuruzwa agisanganye inenge? Amategeko amufasha iki?
Isesengura ry’Umunyamategeko MUNYANDINDA J. Bosco, ukorera muri LEX Chambers (0788383936) Hari igihe umuntu agura telefone bamubwira ko ari nzima; yagera mu rugo agasanga bateri yayo ntitindana umuriro. Undi akagura imodoka, nyuma y’iminsi mike moteri igatangira gusohora umwotsi; umukanishi akamubwira ko ikibazo cyari gisanzwe gihari, ariko cyarahishwe. Hari n’ugura firigo, televiziyo cyangwa imashini, ikanga gukora neza […] Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri UMUSEKE.



