Dauda wa APR FC yanze kujyana n'abandi mu modoka bituma adakina umukino wa Marine FC
Abantu benshi batunguwe no kubona umukinnyi Seidu Yussif Dauda atari mu bakinnyi APR FC yaraye ikinishije kuri Marine FC, ni nyuma y'umukino mwiza yagize wa Les Aigles du Congo bayisezerera muri CAF Champions League. Ejo hashize ku wa Gatatu, APR FC yakiraga Marine FC mu mukino w'umunsi wa gatatu wa Shampiyona ariko ukaba uwa mbere wayo aho imikino ibiri ya mbere itayikinnye kuko yari mu mikino Nyafurika ya CAF Champions League. Uyu mukino APR FC yatsinze 4-2, benshi batunguwe no kubona (…) - Siporo / Latestnews Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri ISIMBI.



