Ese wari uzi ko mu ndwara ziterwa n'uburakari, umujinya ukabije harimo n'iz'umutima?
Mu ndwara ziterwa n'uburakari n'umujinya mwinshi harimo izifata imyanya y'ubuhumekero, iz'umutima, iz'umwijima ndetse n'izifata impindura, hari kandi kugira umuvuduko w'amaraso ukabije ndetse no kubabara umutwe. Uburakari bukabije kandi bumara igihe, bushobora no gutera umuntu ikibazo cyo kubura ibitotsi, kubabara mu nda, ndetse no guhora asa n'uhangayitse, bushobora kandi gutera umuntu ibibazo mu igogora ntirikorwe neza. Ibindi bibazo byaterwa n'uburakari bukabije ndetse n'umujinya (…) - Andi makuru / Latestnews Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri ISIMBI.

