Evra yahishuye ko kuza mu Rwanda ari isezerano yari yarahaye Perezida Kagame

Patrice Evra wabaye Umunyabigwi mu mupira w’amaguru ku Isi, waje mu Rwanda mu bikorwa birimo ibyo Kwita Izina abana b’ingagi, yavuze ko ryari isezerano yahaye Perezida Paul Kagame, kandi abifata nko kuba umunyamugisha kuko zari inzozi ze. Ibi Evra yabitangaje kuri uyu wa 4 Nzeri 2026, mu muhango wo Kwita Izina uri kuba ku nshuro […] Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri UMUSEKE.


