Sign in
← Elsewhere in the news
UMUSEKE1 h ago

Gen Mubarakh Muganga yasabye abinjiye mu ngabo guhora biteguye

Ingabo z’u Rwanda (RDF) zinjije ku mugaragaro icyiciro gishya cy’urubyiruko rw’abahungu n’abakobwa mu ngabo nyuma yo kurangiza neza amahugurwa y’ibanze ya gisirikare yamaze amezi atandatu, yabereye mu Kigo cy’Amahugurwa ya Gisirikare giherereye i Nasho mu Karere ka Kirehe. Umuhango wo gusoza ayo mahugurwa wayobowe n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, General MK Mubarakh, witabiriwe n’abajenerali ba […] Kanda hano usome ibikurikira →

Inkuru yose iri kuri UMUSEKE.

Iyandikishe kuri YEGOB uhembwe,

Usoma inkuru zose za YEGOB, ujye ubona amakuru mashya yako kanya kandi ubone amahirwe yo kwandika inkuru zikwinjiriza amafaranga uko zisomwe.

Usanzwe ufite konti? Injira

More from other media