Sign in
← Elsewhere in the news
ISIMBI7 h ago

Gen Mubarakh Muganga yasabye imbabazi kubera APR FC

Umugaba Mukuru w'Ingabo z'u Rwanda akaba n'Umuyobozi w'Icyubahiro Wungirije wa APR FC, Gen Mubarakh Muganga, yasabye imbabazi abakunzi ba APR FC nyuma yo kunyagirwa na Gor Mahia muri CECAFA Kagame Cup 2026, avuga ko bagiye abakinnyi bagiye kwisubiraho. Mu ijoro ryakeye APR FC yanyagiwe na Gor Mahia 5-0 mu mukino ufungura CECAFA Kagame Cup. Nyuma y'uyu mukino abakunzi ba APR FC bose batashye bababaye cyane ndetse na Afande Mubarakh yahise ajya kuganiriza abakinnyi n'abatoza. Gen (…) - Siporo / Latestnews Kanda hano usome ibikurikira →

Inkuru yose iri kuri ISIMBI.

Iyandikishe kuri YEGOB uhembwe,

Usoma inkuru zose za YEGOB, ujye ubona amakuru mashya yako kanya kandi ubone amahirwe yo kwandika inkuru zikwinjiriza amafaranga uko zisomwe.

Usanzwe ufite konti? Injira

More from other media