Haringingo Francis yashyze umucyo ku gusa n'umushyamirana na Elie Tatou
Umutoza wa Rayon Sports, Haringingo Francis yavuze ko ibyagaragaye mu mukino asa n'ushyamirana n'umukinnyi we Iradukunda Elie Tatou byatewe n'uko umukino wagendaga ariko nta kibazo gihari. Uyu munsi mu mukino wo kwishyura w'ijonjora ry'ibanze rya CAF Confederation Cup wahuje Rayon Sports na Panthère Sportive du Ndé, warangiye ari 0-0 ariko Rayon Sports igakomeza ku gitego cyo hanze kuko umukino ubanza warangiye 1-1, hagaragaye gusa no gushyamirana kwa Haringingo Francis na Elie Tatou. (…) - Siporo / Latestnews Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri ISIMBI.


