Sign in
← Elsewhere in the news
UMUSEKE1 h ago

Hitezwe iki mu Nteko Rusange ya AS Kigali?

Abanyamuryango ba AS Kigali batumiwe mu Nama y’Inteko Rusange isanzwe Rusange isanzwe y’iyi kipe, iteganyijwe mu mpera z’iki Cyumweru. Iyi Nteko Rusange, iteganyijwe kuzaba ku Cyumweru, tariki ya 17 Kanama 2026. Amakuru UMUSEKE wamenye, ni uko hazigirwamo ingingo ebyiri ari zo kuzuza inzego no guha icyerekezo amakipe ashamikiye kuri iyi kipe. Hazatangazwa kandi izina rishya […] Kanda hano usome ibikurikira →

Inkuru yose iri kuri UMUSEKE.

Iyandikishe kuri YEGOB uhembwe,

Usoma inkuru zose za YEGOB, ujye ubona amakuru mashya yako kanya kandi ubone amahirwe yo kwandika inkuru zikwinjiriza amafaranga uko zisomwe.

Usanzwe ufite konti? Injira

More from other media