Ibyitezwe mu gitaramo ‘i Nyanza Twataramye’ kigiye kuba ku nshuro ya 12

Igitaramo ‘I Nyanza Twataramye’ kigiye kuba ku nshuro ya 12 aho hitezwe kuzabamo ibintu byinshi n’umuhanzi ‘Riderman’ by’umwihariko uri mu bazatarama. Hashize imyaka 12 mu rwego rwo gushimangira Umuco Nyarwanda no guhuza imbaraga, Igitaramo ndangamuco Nyarwanda “i Nyanza Twataramye” cyaje guhuzwa n’Umuganura aho kimuriwe ku mugoroba ubanziriza Umuganura. Ibi bikaba bimaze gukorwa inshuro zigera kuri […] Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri UMUSEKE.




