Ibyo kwitaho mu kuzamura imitsindire y’abanyeshuri

Ubushakashatsi bwakozwe hagamijwe gupima urwego rw’imyigire n’imyigishiririze mu mashuri yo mu Rwanda (LARS 2025) bwerekanye ko 56% by’abanyeshuri bo mu mwaka wa gatatu w’amashuri abanza batabasha gusobanukirwa ibyo basoma mu Kinyarwanda, mu gihe 15% gusa ari bo bashobora gukora ibibazo by’imibare birimo kubara, gukuba no kugabanya. Ibi ni bimwe mu byagaragajwe n’ubushakashatsi ku rwego rw’imyigire […] Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri UMUSEKE.




