Ibyo Shema akurikiranyweho si ibya FERWAFA – RIB

Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, Dr. Murangira B.Thierry, yatangaje ko Shema Ngoga Fabrice uyobora Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ibyo akurikiranyweho ari iby’akazi akora gatandukanye n’iri Shyirahamwe. Ibi byatangarijwe mu kiganiro n’abanyamakuru cyahuje RIB na Polisi y’u Rwanda, ubwo herekenwaga abantu 17 bakorera Leta batawe muri yombi bafite aho bahuriye n’inganda ziherutse gufungwa kubera […] Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri UMUSEKE.




