Icyizere ni cyose ku ngimbi z’u Rwanda zitegura Tanzania

Abakinnyi b’ikipe y’Igihugu y’u Rwanda zitarengeje imyaka 20, bizeye kuzatangira neza irushanwa rya CECAFA rizabera muri Tanzania guhera kuwa kabiri, tariki ya 15 Nzeri 2026. Kuri uyu wa mbere, tariki ya 14 Nzeri 2026 Saa Tatu n’igice z’amanywa za Kigali, ni bwo ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’ingimbi zitarengeje imyaka 20, yakoze imyitozo ya nyuma itegura […] Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri UMUSEKE.





