Impinduka zitezwe umutoza w'Amavubi azakora ku mukino wa Liberia n'uwa Cape Verde
Harabura ibyumweru bibiri gusa u Rwanda rugatangira urugendo rwo gushaka itike y'Igikombe cya Afurika cya 2027 aho ruzahera kuri Liberia na Cape Verde. U Rwanda ruri mu itsinda K kumwe na Liberia, Mali na Cape Verde. Ruzatangira uru rugendo rukina na Liberia tariki ya 25 Nzeri 2026 hano i Kigali ndetse na tariki ya 29 Nzeri 2026 rukine na Cape Verde iwayo. Umutoza Stephen Constantine, nyuma yo kwiga kuri aya makipe bazakina, amakuru ISIMBI yamenye ni uko yahisemo kuzakora impinduka (…) - Siporo / Latestnews Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri ISIMBI.




