Ingabo za Zimbabwe n’iza Sri Lanka zaje kwigira ku Rwanda

Ingabo za Zimbabwe n’iza Sri Lanka ku wa 6 Kanama 2026, zakiriwe ku cyicaro gikuru cya RDF i Kimihurura, aho ziri mu Rwanda kurwigiraho by’umwihariko ku ruhare rw’ingabo mu iterambere ry’Igihugu. Aba bakiriwe n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), Gen MK Mubarakh Muganga. Abasirikare ba Sri Lanka bagizwe n’abasirikare bakuru n’abarimu bo mu Ishuri Rikuru rya […] Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri UMUSEKE.


