Sign in
← Elsewhere in the news
UMUSEKE4 h ago

Kazungu Samuel wa Ingufu Gin arakomeza gufungwa by’agateganyo

Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwategetse ko abarimo nyiri uruganda Ingufu Gin, Ntihanabayo Samuel bita Kazungu, n’abandi 12 barimo Umuyobozi Mukuru wa Rwanda FDA, Dr Emile Bienvenu, bakomeza gufungwa by’agateganyo. Kuri uyu wa Kane, nibwo urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rwafashe iki cyemezo. Ni mu rubanza rw’abanyenga leta ishinja gukora ibinyobwa bisembuye bitujuje ubuziranenge birimo inzoga z’ibyuma […] Kanda hano usome ibikurikira →

Inkuru yose iri kuri UMUSEKE.

Iyandikishe kuri YEGOB uhembwe,

Usoma inkuru zose za YEGOB, ujye ubona amakuru mashya yako kanya kandi ubone amahirwe yo kwandika inkuru zikwinjiriza amafaranga uko zisomwe.

Usanzwe ufite konti? Injira

More from other media