Menya ibyihariye ku mibare igize UPI n’ibyo kwitondera igihe ugura ubutaka

Buri muntu agira indoto zo gutunga ubutaka bwe no kugira aho gutura. Iyo ugeze kuri izo ndoto, uba ugomba kwandikisha ubwo butaka kugira ngo bube ubwawe mu buryo bwemewe n’amategeko ndetse uhabwe nimero iranga icyangombwa kiburanga izwi nka UPI. UPI ni iki ? UPI ni impine y’amagambo y’icyongereza ivuga ‘Unique Parcel Identifier, ikaba ari imibare […] Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri UMUSEKE.




