‘Minerval’ yiyongereye
Minisitiri w’Uburezi, Joseph Nsengimana, yatangaje ko guhera mu gihembwe cya kabiri cy’umwaka w’amashuri wa 2026/2027 kizatangira muri Mutarama 2027, umusanzu w’ababyeyi mu mashuri y’inshuke n’abanza uzava kuri 975 Frw ukagera ku 2,000 Frw, mu yisumbuye abiga bataha bakishyura 24,000 Frw avuye kuri 19,500 Frw, mu gihe abacumbikirwa bazajya batanga 110,000 Frw avuye kuri 85,000 Frw. […] Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri UMUSEKE.



