Mu maso ya Perezida Kagame, APR FC yangiwe na Gor Mahia
Mu mukino ufungura irushanwa rya CECAFA Kagame Cup 2026 warebwe na Perezida wa Repubulika y'u Rwanda Paul Kagame, APR FC yanyagiwe na Gor Mahia yo muri Kenya 5-0. APR FC yatangiye umukino ubona irimo ikina neza ishyira igitutu kuri Gor Mahia ishaka igitego. Ku munota wa kane Byiringiro Gilbert yagerageje ishoti ariko umupira umunyezamu arawufata. APR FC yihariye iminota ya mbere y'umukino iba yabonye igitego ku munota 26 ku mupira Cheikh Djibril Ouattara yahinduriye Amani Michel ariko (…) - Siporo / Latestnews Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri ISIMBI.

