Sign in
← Elsewhere in the news
ISIMBI1 h ago

Mu maso ya Perezida Kagame, APR FC yangiwe na Gor Mahia

Mu mukino ufungura irushanwa rya CECAFA Kagame Cup 2026 warebwe na Perezida wa Repubulika y'u Rwanda Paul Kagame, APR FC yanyagiwe na Gor Mahia yo muri Kenya 5-0. APR FC yatangiye umukino ubona irimo ikina neza ishyira igitutu kuri Gor Mahia ishaka igitego. Ku munota wa kane Byiringiro Gilbert yagerageje ishoti ariko umupira umunyezamu arawufata. APR FC yihariye iminota ya mbere y'umukino iba yabonye igitego ku munota 26 ku mupira Cheikh Djibril Ouattara yahinduriye Amani Michel ariko (…) - Siporo / Latestnews Kanda hano usome ibikurikira →

Inkuru yose iri kuri ISIMBI.

Iyandikishe kuri YEGOB uhembwe,

Usoma inkuru zose za YEGOB, ujye ubona amakuru mashya yako kanya kandi ubone amahirwe yo kwandika inkuru zikwinjiriza amafaranga uko zisomwe.

Usanzwe ufite konti? Injira

More from other media