Muhanga: Umugabo yaguye mu kirombe cyacukuwemo amabuye y’agaciro
Yanditswe na Eric Habimana Umugabo witwa Niyirora Kizito yapfuye nyuma yo kugwirwa n’ikirombe cyari cyarafunzwe ubwo we na mugenzi we bari bagiyemo gucukura amabuye y’agaciro mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Ibi byabaye mu gitondo cyo ku wa 12 Nzeri 2026, mu Karere ka Muhanga, Umurenge wa Nyarusange, Akagari ka Ngaru. Amakuru avuga ko Niyirora, wari utuye […] Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri UMUSEKE.





