Mukura yasimbuye APR FC mu zizakina Super Coupe

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda [FERWAFA], ryemeje ko Mukura VS isimbura ikipe y’Ingabo mu irushanwa rihuza ikipe yegukanye igikombe cya Shampiyona n’icy’Amahoro [Super Coupe]. Ni umwanzuro wafashwe kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 18 Kanama 2026 nyuma y’inama yahuje amakipe ane yagombaga gukina iri rusanwa. Nyuma y’ibiganiro byari biyobowe na Visi Perezida wa Kabiri wa […] Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri UMUSEKE.



