Museveni yasabye Ramaphosa guhagarika urugomo rukorerwa abanyamahanga

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yasabye mugenzi we wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, gufata ingamba zihamye zo guhangana n’ihohoterwa rikorerwa abanyamahanga, nyuma y’uko Abagande batatu baguye mu bitero byibasiye abanyamahanga,ndetse abarenga 1,000 bagacyurwa ikubagaho muri Uganda. Museveni yabivuze ku Cyumweru, tariki ya 19 Nyakanga 2026, ubwo yaganirizaga Abagande 1,030 batahutse bava muri Afurika y’Epfo, nyuma […] Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri UMUSEKE.





