Nanjye nkumbuye kubabona ndi ku rubyiniro – Tom Close ku gitaramo arimo ategura
Umuhanzi Nyarwanda ukunzwe na benshi, Dr Muyombo Thomas wamamaye nka Tom Close yavuze ko uko abantu bamukumbuye kumubona ku rubyiniro (stage) na we abakumbuye akaba ari no gutegura igitaramo. Ibi yabitangarije ikinyamakuru ISIMBI nyuma yo gusohora indirimbo ‘Look At Me', ikaba indirimbo ya mbere mu ndirimbo 16 zigize Album ye nshya yise ‘Sunshine'. Ni indirimbo y'urukundo aba abwira umukobwa ko amukeneye mu buzima bwe ko nta na rimwe yifuza kumutakaza niyo yaba ari mu nzozi kandi ko (…) - Imyidagaduro / Latestnews Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri ISIMBI.





