Niyomugabo Claude na Ruboneka Bosco ntiwabifuriza gukina mu Rwanda
Umutoza wa Kigali FC yahoze ari AS Kigali, Bisengimana Justin yavuze ko Ruboneka Bosco na Niyomugabo Claude bamaze iminsi bakorera imyitozo muri iyi kipe atari abakinnyi wakwifuriza gukina mu Rwanda. Aganira n'ikinyamakuru ISIMBI, Bisengimana Justin yavuze ko aba bakinnyi baje mu ikipe ye basaba gukora imyitozo gusa nta kindi kibyihishe inyuma. Ati "Ruboneka ni umukinnyi w'Umunyarwanda, ni umukinnyi ukinira ikipe y'igihugu, ni umukinnyi utarabona ikipe, yasabye ko yaza akaba akora (…) - Siporo / Latestnews Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri ISIMBI.
