Ntako bisa, bakwiye ibyiza kandi bitegure gusubira mu matsinda - Perezida wa Rayon Sports
Perezida wa Rayon Sports, Murenzi Abdallah yabwiye abakunzi ba Rayon Sports ko bakwitegura gusubira mu matsinda kuko uyu mwaka ari uwabo. Ibi yabitangaje nyuma yo kwegukana CECAFA Kagame Cup yaberaga mu Rwanda kuva tariki ya 24 Nyakanga kugeza 7 Kanama 2026 batsinze Gor Mahia 2-1 ku mukino wa nyuma. Aganira n'ikinyamakuru ISIMBI, Murenzi Abdallah yavuze ko ari iby'agaciro gakomeye kwegukana igikombe cyitiriwe Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y'u Rwanda, Paul Kagame. Ati "Ni (…) - Siporo / Featured , Highlight Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri ISIMBI.




