Opozisiyo yahaye Perezida Tshisekedi igihe ntarengwa
Ihuriro ry’abanyapolitiki batavuga rumwe n’ubutegetsi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, C64, ryahaye Perezida Félix Tshisekedi kugeza ku wa 15 Kanama 2026 kugira ngo abe yatumije ibiganiro bidaheza by’igihugu byitabirwa n’impande zose, bitaba ibyo rigafata “ibyemezo byose bya politiki bikwiye”, birimo no kongera guhamagarira abaturage gukora imyigaragambyo y’amahoro. Iri huriro rigizwe n’abanyapolitiki bakomeye barimo Martin […] Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri UMUSEKE.

