Ouattara arajya kwa muganga - Umutoza wa APR FC wumijwe n'ibyo yabonye
Umutoza wa APR FC, Abderrahim Talib yavuze ko yatangira gutoza imikino Nyafurika ari ubwa mbere yahura n'ibyo yahuye nabyo aho yifatiye ku gahanga abasifuzi bamusifuriye. Hari mu mukino ubanza wa CAF Champions League APR FC yari yasuyemo Les Aigles du Congo maze ibatsinda 1-0. Aganira n'itangazamakuru nyuma y'uyu mukino wabaye ejo hashize ku Cyumweru, Abderrahim Talib yavuze ko bakoze ibyo bashoboye byose ariko abasifuzi baritambika. Yavuze ko yitwa we ari ubwa mbere yabona bafashwe (…) - Siporo / Latestnews Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri ISIMBI.

