Perezida Kagame yasabye urubyiruko kwirinda ibiyobyabwenge na ‘vibes’ zidafite umusingi

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yasabye urubyiruko kwirinda ibiyobyabwenge, avuga ko n’ubwo ababikoresha babihisha, amaherezo ingaruka zabyo zigaragara kuko bibanza kwangiza ababikoresha mbere yo kwangiza sosiyete muri rusange. Yanarushishikarije kutirukira mu “vibes” cyangwa kwishimisha gusa, ahubwo rukubaka ubuzima bufite umusingi uhamye. Yabitangaje kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 17 Nyakanga 2026, mu Nama ya Biro […] Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri UMUSEKE.

