Sign in
← Elsewhere in the news
UMUSEKE5 h ago

Perezida Kagame yasabye urubyiruko kwirinda ibiyobyabwenge na ‘vibes’ zidafite umusingi

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yasabye urubyiruko kwirinda ibiyobyabwenge, avuga ko n’ubwo ababikoresha babihisha, amaherezo ingaruka zabyo zigaragara kuko bibanza kwangiza ababikoresha mbere yo kwangiza sosiyete muri rusange. Yanarushishikarije kutirukira mu “vibes” cyangwa kwishimisha gusa, ahubwo rukubaka ubuzima bufite umusingi uhamye. Yabitangaje kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 17 Nyakanga 2026, mu Nama ya Biro […] Kanda hano usome ibikurikira →

Inkuru yose iri kuri UMUSEKE.

Iyandikishe kuri YEGOB uhebwe,

Usoma inkuru zose za YEGOB, ujye ubona amakuru mashya yako kanya kandi ubone amahirwe yo kwandika inkuru ikwinjiriza amafaranga uko isomwe.

Usanzwe ufite konti? Injira

More from other media