Sign in
← Elsewhere in the news
UMUSEKE1 h ago

Perezida Tshisekedi na Maxime Prévot baganiriye

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Antoine Tshisekedi, kuwa 18 Nzeri 2026,yagiranye ibiganiro na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bubuligi, Maxime Prévot uri muri icyo gihugu. Maxime Prévot kuri X yavuze ko ibiganiro bye na Tshisekedi byagarutse mubano w’ibihugu byombi no guteza imbere ubufatanye mu by’ubukungu. Aba bombi banaganiriye ku kibazo cy’umutekano mucye mu […] Kanda hano usome ibikurikira →

Inkuru yose iri kuri UMUSEKE.

Iyandikishe kuri YEGOB uhembwe,

Usoma inkuru zose za YEGOB, ujye ubona amakuru mashya yako kanya kandi ubone amahirwe yo kwandika inkuru zikwinjiriza amafaranga uko zisomwe.

Usanzwe ufite konti? Injira

More from other media